Friday, March 24, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home AMAKURU

Wa mukobwa wari kuzakata imyanya y’ibanga y’umusore wamubeshye urukundo akatiwe gufungwa burundu

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/07/25
in AMAKURU
0
1.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo nyuma yo kuburanisha urubanza ruregwamo Umukobwa uzwi nka Nyirangiruwonsanga Solange rumuhamije icyaha cyo kwica umwana yareraga rumukatira gufungwa burundu.

Uyu mukobwa yavuzweho kuba yarishe umwana yareraga.

IZINDI NKURU WASOMA

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

Ku wa Gatanu tariki ya 15 Nyakanga 2022,nibwo Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo rwaburanishije mu ruhame Nyirangiruwonsanga Solange washinjwaga icyaha cyo kwica umwana w’umuhungu Rudasingwa Ihirwe Davis w’imyaka 9, wishwe Taliki ya 12 Kamena 2022.

Uyu mugore wari umukozi wo mu rugo yaburanishirijwe aho yakoreye icyaha mu mudugudu wa Karubibi Akagali ka Cyaruzinge umurenge wa Ndera, mu karere ka Gasabo.

Ubushinjacyaha bwavuze ko Nyirangiruwonsanga ku cyumweru Taliki 12 Kamena, yashutse umwana Ihirwe Davis ngo ajye kurya umunyenga ku rugi yiziritse we ngo amucunge, umwana yagiyemo ahagarara ku ntebe uyu mugore ahita asunika intebe, n’uko uwo mwana ahera umwuka uwo mugore areba.

Mu ibazwa rya Nyirangiruwonsanga yavuze ko impamvu atisubiyeho ngo arokore Nyakwigendera ari uko muri icyo gihe nta bumuntu yari agifite. Yakomeje avuga ko Davis yari yasigiwe umukoro wo mu rugo hanyuma akanga kuwukora akaguma muri telefone nuko arayimwaka.

Uwo mukozi yasanganwe agapapuro kavuga ko afite umugambi wo kuzaca imyanya y’ibanga y’umusore wamubeshye urukundo. Ubushinjacyaha buvuga ko iyo nzika yaba yarayikomezanyije kugeza yishe uyu mwana.

Ubushinjacyaha bwasabiye Nyirangiruwonsanga Solange igifungo cya Burundu.

Ku isaha ya saa 11h17 kur’iyo tariki nibwo Nyirangiruwonsanga Solange yatangiye kwiregura avuga ko yemeye icyaha mu ibazwa kubera ko ngo Saa tanu zijoro yajyanwe ahantu atazi agakubitwa hafi kugeza umwuka uvuyemo.

Nyuma yo kumva uregwa ndetse n’ubushinjacyaha, Kur’uyu wa 25 Nyakanga 2022 Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo rukaba rwakatiye igifungo cya burundu uyu Nyirangiruwonsanga Solange, nyuma yo kumuhamya icyaha cyo kwica ku bushake uyu mwana yareraga.

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023
1.4k
HOME

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023
1.4k
HOME

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023
1.4k
HOME

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023
1.5k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

Birababaje, Ubugome bukomeje gufata indi Ntera mu Rwanda

March 13, 2023

Kigali : Le CICR s’engage à respecter ses principes fondamentaux

March 10, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In