Sunday, September 24, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE

Yaryamye ari muzima bucya yapfuye, urupfu rw’amayobera rwa Rev. Past Nzabonimpa Canisius 

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/01/24
in NTIBISANZWE, IYOBOKAMANA
0
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Kur’icyi cyumweru tariki ya 23Mutarama 2022 nibwo humvikanye inkuru itari nziza mu matwi y’abantu ivuga urupfu rwa Rev. Past Nzabonimpa Canisius uzwi cyane mu Itorero ADEPR, aho bivugwa ko yagiye mu ivugabutumwa akaza kuryama ari muzima bugacya yitabye Imana ibintu bamwe bakomeje kwibazaho cyane

Nyakwigendera ubusanzwe yari atuye mu cyahoze ari Cyangugu mu ntara y’iburasirazuba aho yari yavuye agiye mu ivugabutumwa mu Karere ka Rubavu akaba ari naho yaguye.

IZINDI NKURU WASOMA

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

Eden Care, igisubizo mu kwivuza hakoreshejwe ikoranabuhanga

Rev. Past Nzabonimpa Canisius w’imyaka 65 urupfu rwe rukaba rwashenguye imitima ya benshi,aho umwe mu bana be atangaza ko uru rupfu rwatunguranye kuko uyu mubyeyi ngo nta burwayi yari afite mu minsi ya vuba.

Yagize ati “Papa yari ari i Rubavu mu ivugabutumwa hamwe na Pasiteri Rugerinyange, Ngendahayo Simon Pierre n’Umushumba w’Ururembo rwa Gihundwe, Pasiteri Nsabayesu Aimable, batubwiye ko baryamye nk’ibisanzwe mu macumbi ya ADEPR i Rubavu, buri wese ari mu cyumba cye mu gitondo babyutse baritegura ariko bakomanze ku muryango we bumva ntari gukingura, bahamagaye telefoni ye ntiyacamo, bagerageza guhamagara RIB ngo ice urugi bahise bamujyana kwa muganga basanga yitabye Imana, ntiyari arwaye, n’ejo (kuwa gatandatu) yarabwirije.’’

Rev Past Nzabonimpa atabarutse afite afite imyaka 65 aho yavukiye mu Karere ka Nyamasheke mu 1957. Yashakanye na Mukarugina Stephanie, babyarana abana 10 barimo Felix uabarizwa mu gihugu cy’ubufransa, Bikorimana Emmanuel uzwi nka Bikem, Sengurebe Joël,….

Uyu mushumba yari amaze igihe ashyizwe mu kiruhuko cy’izabukuru mu Itorero rya ADEPR i Gihundwe nyuma yo kuba Umuyobozi wa Paruwase zitandukanye muri ADEPR zirimo iya Ntura, Bigutu, Rwahi na Gihundwe mu Karere ka Rusizi mu cyahoze ari Ururembo rw’Iburengerazuba.

Rev. Pst Nzabonimpa yavuze ubutumwa mu bihugu bitandukanye nk’ u Bufaransa,muri Norvège, mu Bubiligi ku bufatanye n’Itorero rya ADEPR Region ya Europe,n’ahandi,…..

Kugeza ubu umurambo we ukaba wagiye gupimwa kugira ngo hamenyekane icyaba cyateye urupfu rw’amarabira kur’uyu mupasiteri dore ko bivugwa ko yaryamye ari muzima yewe akaba atanaherukaga kurwara.

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

September 22, 2023
1.4k
HOME

Eden Care, igisubizo mu kwivuza hakoreshejwe ikoranabuhanga

September 22, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Urubyiruko rubarizwa mu ishyaka rya DGPR rurasabwa kugira intego ihamye

September 17, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Hashyizweho umurongo wo gukemura ibibazo by’abana bahohoterwa

September 17, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

September 22, 2023

Eden Care, igisubizo mu kwivuza hakoreshejwe ikoranabuhanga

September 22, 2023

Kigali: Urubyiruko rubarizwa mu ishyaka rya DGPR rurasabwa kugira intego ihamye

September 17, 2023

Kigali: Hashyizweho umurongo wo gukemura ibibazo by’abana bahohoterwa

September 17, 2023

Hamenyekanye abahanzi bazataramira abantu mu gitaramo cyiswe”Tujyane Mwami”

September 14, 2023

Abafite ubumuga barasaba guhabwa agaciro mu rusengero

September 12, 2023

Ntibisanzwe! Perezida wa Amerika na Bagenzi be bagaragaye mu ruhame batambaye inkweto

September 11, 2023

Ngoma: Abaturage baritegura gutaha ikigo nderabuzima gishya 

September 10, 2023

Rulindo: Abantu bacukuye imva batwara ibihumbi 500Frw uwapfuye yashyinguranywe

September 9, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In