Sunday, March 26, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE

Zambia: yatawe muri yombi azira kurunguruka abanyeshuri ubwo barimo koga akabafata amafoto na video zo kuzifashisha yikinisha

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2021/11/25
in NTIBISANZWE, AMAKURU
0
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Umugabo yatawe muriyombi na Polisi yo mu gace ka Kasama, mu gihugu cya Zambia, yataye muri yombi umugabo w’imyaka 36, wo mu gace ka Mukenga, ushinjwa guhengereza Abanyeshuri bo mu ishuri ryisumbuye ry’abakobwa rya Kasama, ubwo barimo bogera imbere y’amacumbi yabo.

Uhagarariye Polisi mu ntara y’Amajyaruguru ya Zambia, Desmond Mwanza yabwiye Mano News dukesha iyi nkuru, ko uyu mugabo wafashwe akora aya mahano yitwa Pethias Mwamba Mulenga.

IZINDI NKURU WASOMA

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

Iki kinyamakuru cyavuze ko ukekwa yafashwe kuwa Gatatu ahagana saa kumi n’imwe n’iminota myakumabiri za mu gitondo, arimo guhengereza ku rukuta rw’ubakishije ibiti acisha amaso ahavuyemo ibiti, ubundi atahurwa n’ucunga icyo kigo wahise amushyikiriza inzego z’umutekano.

Uyu mugabo agifatwa yashatse guha ruswa y’igihumbi na maganabiri y’amakwaca (1,200 Kwaca) amafaranga akoreshwa muri Zambia, angana hafi n’ibihumbi mirongo itandatu by’amanyarwanda(60,000 Frw), umuzamu ariko arayanga. Mwamba yavuze ko atari ubwa mbere yari aje kurunguruka abanyeshuri ubundi akabafata amafoto n’amashusho we n’abagenzi be bakabyifashisha bikinisha.

Mwanza yavuze ko inshuti z’uyu mugabo zahoraga zisaba amafoto atandukanye y’uburanga n’ikimero cy’aba bangavu bakiri bato kugira ngo birebere uburanga bwabo kandi ngo bibafashe gukemura akabazo ko kwikinisha.

Mwanza agira inama umuntu wese waba agifite ibitekerezo nk’iby’uyu mugabo washize isoni agakora aya makosa kubireka.

Kugeza ubu uyu mugabo ukekwaho icyi cyaha ubu arafunze

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023
1.4k
HOME

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023
1.4k
HOME

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In