Sunday, March 26, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE

Kigali: Amarushanwa yo gushaka uzahagararira u Rwanda muri Namibia mu myuga n’ubumenyingiro

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2021/10/05
in NTIBISANZWE, MU RWANDA
0
1.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Kur’uyu wa kabiri tariki 5 Ukwakira 2021 i kigali mu Rwanda hatangijwe amarushanwa y’abanyeshuri bo muri za IPRC n’amwe mu mashuri y’imyuga yo mu Rwanda hakazatoranywamo umunyeshuri umwe ugomba kuzahagararira u Rwanda mu gihugu cya Namibia umwaka utaha w’2022.

Ni igikorwa cyabereye muri IPRC Kicukiro mu mujyi wa kigali aho bamwe mu banyeshuri bavuga ko bagomba gukora ibishoboka byose kugira ngo bazahagararire u Rwanda.

IZINDI NKURU WASOMA

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

NIZEYIMANA Janvier wo muri IPRC KIGALI wiga ibijyanye no gusudira, avuga ko ibanga ryatumye atoranywa ku rwego rw’igihugu ari ugukora cyane gusenga n’ikinyabupfura,gusudira ngo ni ibintu avuga ko yatangiye kera abitewe no kubikunda.

NIZEYIMANA Janvier wo muri IPRC KIGALI wiga ibijyanye no gusudira

Naho Igiraneza Denyse wo muri IPRC KARONGI avuga ko abikesha kwiga cyane no kwihugura ahantu hatandukanye, ahamagarira bagenzi be b’abakobwa kwitinyuka.

Igiraneza Denyse wo muri IPRC KARONGI

Dr. James Gashumba umuyobozi mukuru wungirije w’amashuri y’imyuga n’ubumenyangiro mu Rwanda, avuga ko aba banyeshuri batangiriye hasi bapiganwa bakaba bahiganirwa kuzahagararira u Rwanda muri Namibia, avuga kandi ko bazasarura ubumenyi bukomeye.

Dr. James Gashumba umuyobozi mukuru wungirije w’amashuri y’imyuga n’ubumenyangiro mu Rwanda

Ubwo yafunguraga ku mugaragaro aya marushanwa Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi Ushinzwe Ikoranabuhanga, Imyuga n’Ubumenyi Ngiro Madame IRERE Claudette yavuze ko aba banyeshuri babasaba kwitwara neza ariko bakanabafasha kwitegura neza.

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi Ushinzwe Ikoranabuhanga, Imyuga n’Ubumenyi Ngiro Madame IRERE Claudette

Ni amarushanwa yahuje abanyeshuri biga mu mashuri y’imyuga n’ubumenyi ngiro mu Rwanda aho yahereye mu turere n’imirenge ubu akaba ageze ku rwego rw’igihugu aho kugeza ubu abasigayemo ari abanyeshuri 20 barimo abakobwa 2 bagizwe n’abakora ubwubatsi, amashanyarazi,gusudira no gukora amazi. Kur’uyu wa kane hakazatoranywamo umunyeshuri 1 ugomba kuzahagararira u Rwanda mu gihugu cya Namibia umwaka utaha w’2022 .

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023
1.4k
HOME

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023
1.4k
HOME

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In