Sunday, April 2, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE

Kigali:Ntibagerwaho n’ibyiza by’igare rya GURA RIDE

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2021/10/19
in NTIBISANZWE
0
1.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Abakoresha telefoni zikunze kwitwa karasharamye cyangwa gatushi baravuga ko batagerwaho n’igare rya Gura Ride kubera ko ubu kurikoresha bisaba kuba ufite application cyangwa porogaramu muri telefoni yawe, mu gihe bene izi telefoni batabasha gushyiramo progamu ya GURA Ride.

GURA RIDE ni isosiyete rusange itwara abagenzi binyuze ku igare aho abagenzi bagomba kuba bafite application muri telephone yabo bakajya ku mu ejenti wa kampani ya Gura Ride bakareba muri telefoni bakamusaba kuzuzamo imyirondoro ye kugira ngo ahabwe igare ryo gutemberaho mu mihanda imwe n’imwe yo muri Kigali.

IZINDI NKURU WASOMA

Ibikubiye mu gitabo Le Chagrin De Ma Mere cya Antoine Hagenimana byanyuze abasomyi

Mu rubanza rwa Prince Kid hagaragayemo ibintu 2 bitagaragaye ubushize

Abafite telefoni ntoya zitari android bakaba basaba ubuyobozi bw’iyi kampani kubatekerezaho nabo mu gihe ubu abakoresha aya magare bari muri poromosiyo igomba kumara amezi atatu ariko kumwe kukaba kumaze kwihirika abakoresha telefoni zisanzwe batarikozaho imitwe y’intoki.
Ubuyobozi bw’iyi kampani twashatse kubavugisha ngo batubwire niba hari icyo bateganyiriza aba bantu bakoresha izi telefoni ariko ntiturabasha kubabona.

Icyi gikorwa kimaze ukwezi kumwe gitangiye mu mujyi wa Kigali aho kugendera kuri aya magare ari ubuntu muri iki gihe kizamara amezi atatu nyuma abarikenera bakazajya basabwa kwishyura amafranga runaka ataramenyekana.

Aya magare atangira gutangwa saa mbiri za mugitondo kugeza saa saba za ku manywa ariko ku munsi wa sport rusange(camp free day)agatangira gutangwa no gukoreshwa uhereye saa moya za mu gitondo.

Gura Ride yashinzwe mu 2017 na Agenor Jean-Louis na Tony B. Adesina. Ikaba imaze ukwezi kumwe itangiye guha amagare afite ibara ry’umuhondo n’ubururu abayagenderaho mu buryo bw’igihe gito mu Rwanda aho ushobora kuyasanga kuri station zinyuranye mu mujyi wa Kigali, ukaba warifata ukarigenderaho ukaza kurisiga ku yindi station yazo bitewe n’aho wowe ugana kimwe nuko ushobora kurisubiza aho warifatiye.

 

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Ibikubiye mu gitabo Le Chagrin De Ma Mere cya Antoine Hagenimana byanyuze abasomyi

March 31, 2023
1.4k
HOME

Mu rubanza rwa Prince Kid hagaragayemo ibintu 2 bitagaragaye ubushize

March 31, 2023
1.4k
HOME

Kigali: ku nshuro ya gatatu AIMS yahembye abarimu babaye indashyikirwa muri siyanse

March 28, 2023
1.4k
HOME

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Ibikubiye mu gitabo Le Chagrin De Ma Mere cya Antoine Hagenimana byanyuze abasomyi

March 31, 2023

Mu rubanza rwa Prince Kid hagaragayemo ibintu 2 bitagaragaye ubushize

March 31, 2023

GASHORA: ABANA 942 BATEGANYIJWE GUKINGIRWA COVID 19

March 31, 2023

Kigali: ku nshuro ya gatatu AIMS yahembye abarimu babaye indashyikirwa muri siyanse

March 28, 2023

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In