Monday, March 27, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home AMAKURU

Ku kibazo cy’Abamotari, Perezida Kagame aribaza niba Inzego za Leta zikora zihumirije

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/08/25
in AMAKURU
0
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Mu ruzinduko rwa Perezida Kagame muri Ruhango yagejejweho ikibazo cy’abamotari bavuga ko bishyuzwa amafaranga y’Ubwishingizi bavuga ko bishyuzwa Amafaranga menshi cyane, yibajije niba Inzego za Leta zikora zihumirije ku buryo zitakemuye icyo kibazo

Kur’uyu wa kane tariki ya 25 Kanama 2022 Perezida Kagame yagiriye uruzinduko mu Karere ka Ruhango mu Ntara y’Amajyepfo aganira n’abaturage ndetse asubiza n’ibibazo byabo.

IZINDI NKURU WASOMA

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

Kimwe mu bibazo yagejejweho ni ikibazo cy’Abamotari bavuga ko bishyuzwa amafaranga y’ubwishingizi menshi bigatuma batabasha kugura umwenda wo kwambara cyangwa ngo bajyane umwana ku ishuri.

Bizimana Pierre ukora akazi ko gutwara abantu kuri moto (umumotari) agira ati:” Ikibazo cy’Abamotari sinzi niba mujya mucyumva ariko ndagira ngo kibibwirire, twebwe abamotari kwishyuzwa amafaranga y’ubwishingizi menshi washyiraho ipatante n’ibindi ugasanga ayo mafaranga ni menshi ku buryo nta mwambaro umuntu abasha kugura”.

Bizimana Pierre ukora akazi ko gutwara abantu kuri moto (umumotari)

Mu gusubiza iki kibazo Perezida Kagame yifashishije Minisitiri w’ibikorwa remezo Dr Ernest Nsabimana maze uyu Muminisitiri asubiza ko iki kibazo bakizi ndetse bakaba bari kugishakira umuti bafatanyije na Banki nkuru y’u Rwanda n’izindi nzego.

Aha Perezida Kagame yibajije niba Inzego za Leta zikora zihumirije ku buryo zigomba kwicara bigatwara igihe kinini kugira ngo iki kibazo gikemuke.

Yasezeranije uyu mumotari n’abandi muri rusange ko ikibazo cyabo yigeze kucyumvaho maze yizeza ko kigiye gushakirwa umuti wa vuba.

Uretse icyi kibazo kandi Perezida Kagame yagiye anasubiza ibindi bibazo yagejejweho ibindi atanga umurongo w’uko byakemuka.

Uru ruzinduko rwa Perezida Kagame ni rumwe mu ngendo akunda kugirira hirya no hino mu gihugu akaganira n’abaturage nabo bakamugezaho ibibazo ibyifuzo n’ibitekerezo byabo.

Perezida KAGAME mu Karere ka Ruhango

 

Aha Perezida Kagame yari ateze amatwi uyu mumotari wamugezagaho ikibazo cy’Abamotari

Si ubwa mbere Perezida Kagame yihaniza abayobozi bakora nk’Abapagasi bacunganwa n’isaha gusa: 

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023
1.4k
HOME

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023
1.4k
HOME

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In