Monday, March 27, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE

Musanze! Ubuyobozi bw’Akarere bumaze kunenga imyitwarire y’umuyobozi w’Akarere wungirije wasuzuguye itangazamakuru

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/05/30
in NTIBISANZWE
2
8.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Kamanzi Axelle, Umuyobozi w’Akarere ka Musanze wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage yanze gusubiza ikibazo cy’umunyamakuru ibintu byagawe cyane n’Umuyobozi w’Akarere ka Musanze Bwana RAMULI Janvier

Nyuma y’uko Kamanzi Axelle, Umuyobozi w’Akarere ka Musanze wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage abajijwe ku birebana n’abaturage inzu zabo zangiritse yahisemo kuruca akarumira yanga kugira icyo atangariza abanyamakuru ahubwo ahitamo kwikubita akigendera.

Ku murongo wa Telefoni tumaze kuvugana n’Umuyobozi w’Akarere ka Musanze Bwana RAMULI Janvier atubwira ko ibyakozwe n’Umuyobozi wungirije atari ibyo gushimwa. Agira ati:” Nabimenye ariko reka mbanze ngire icyo nsobanura, Ubwo yajyaga gutanga interview yari mu nama kandi ibyari byavuzweho byari bitandukanye n’ikibazo yabajijweho, ntabwo uko yitwaye ar’ibyo gushimwa ariko ashobora kuba yarabitewe n’uko yabajijwe ku kibazo kitari cyavugiwe mu nama”.

Uyu muyobozi akomeza agira ati:” Buriya ubuzima tubayemo umuntu agenda yigira ku makosa bikamufasha no kwikosora, turahamya ko buriya hari ibyo umuntu agenda ahindura bitewe nuko atari byiza”.

Umunyamakuru yabajije ku kibazo kirebana n’inzu z’abaturage zatangiye gusenyuka kubera kubakishwa amatafari atumye, gusa umuyobozi yanze kugira icyo atangaza.

Mu gasuzuguro kenshi uyu muyobozi yabajijwe ikibazo kiri mu nshingano ze yanga gusubiza. Ntiyigeze avuga niba ibyo yabajijwe atabizi, cyangwa ngo avuge niba ntacyo ashaka kubivugaho ahubwo yahisemo guceceka amera nk’ufashwe n’indwara yo kutavuga kugeza ubwo umunyamakuru wa Radio na Flash TV yamusubiriyemo akamubaza ati abaturage murabafasha iki muyobozi undi we akomeza kwicecekera umunyamakuru arambiwe aramubwira ati urakoze undi arikubita aragenda.

Abantu benshi ntibashimye iyi myitwarire dore ko hari n’abavuze bati byibura iyo abeshya ariko ntaceceke mu ruhame, naho abandi bakavuga ko ibi bitari bikwiye ku muntu w’umuyobozi.

Ubundi umuntu iyo akubajije ufite uburenganzira bwo kumusubiza cyangwa ukamubwira uti ibyo umbajije ntacyo mbivugaho, gusa iyo ucecetse gusa bifatwa nk’agasuzuguro.

Abanyamakuru bamwe na bamwe babinyujije ku rubuga bahuriraho ruzwi nk’IMPAMYABIGWI bakaba banenze iyi myitwarire ifatwa nko kutubaha itangazamakuru.

Twagerageje kuvugisha uyu muyobozi ku murongo wa telefoni ariko ntibyadukundiye tukaba tukigerageza kuvugana nawe ngo twumve niba yagira icyo adutangariza.

 

Reba video y’uko uyu muyobozi yasuzuguye itangazamakuru:

https://ibendera.com/wp-content/uploads/2022/05/WhatsApp-Video-2022-05-30-at-6.24.54-AM.mp4
Kamanzi Axelle, Umuyobozi w’Akarere ka Musanze wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage mu Karere ka Musanze
RAMULI Janvier, Umuyobozi w’Akarere ka Musanze yanenze imyitwarire y’Umuyobozi w’Akarere umwungirije

 

IZINDI NKURU WASOMA

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023
1.4k
HOME

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023
1.4k
HOME

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023
1.4k

Comments 2

  1. Jerome says:
    10 months ago

    Niba muri mubanyamakuru batanagaragaza comments zakozwe kunkuru iyi yo mushake muyishyireho cg muyireke, uyu muyobozi arasuzugura kandi ari weak, twarakoranye ntiyemera abamunenga, yumva amakosa ye hari abandi bagomba kuyirengera kubera ko azi kurira, iryo kosa arihuiriyeho na mugenzi we witwa Rucyahana Andrew Mpuhwe, muzabaze abatuye Shingiro amazu baheruka kubakirwa kunkunga afatika igihe aherukira!!!! Inkunga se ziza zitangana? Andi se bayashyira he? ndabizi ko kubera mvuze uyu we mushobora kutagaragaza iyi comment.

    Reply
  2. Jerome says:
    10 months ago

    Niba muri mubanyamakuru batanagaragaza comments zakozwe kunkuru iyi yo mushake muyishyireho cg muyireke, uyu muyobozi arasuzugura kandi ari weak, twarakoranye ntiyemera abamunenga, yumva amakosa ye hari abandi bagomba kuyirengera kubera ko azi kurira, iryo kosa arihuiriyeho na mugenzi we witwa Rucyahana Andrew Mpuhwe, muzabaze abatuye Shingiro amazu baheruka kubakirwa kunkunga afatika igihe aherukira!!!! Inkunga se ziza zitangana? Andi se bayashyira he? ndabizi ko kubera mvuze uyu we mushobora kutagaragaza iyi comment.

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In