Monday, March 27, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE

Rwanda: Hakomeje kwibazwa impamvu amata yabaye kibonumwe

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2021/10/15
in NTIBISANZWE
0
1.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Mu Rwanda iki kibazo cy’ibura ry’amata kimaze iminsi kivugwa kubera ko kimaze gukomera, hari n’abayakoreshaga nk’umuti ariko batakiyabona, si ibi gusa kandi kuko ngo n’abonetse ibiciro byariyongereye nk’uko bivugwa na bamwe mu baturage bo mu mujyi wa kigali

Abacuruzi b’amata bavuga ko na bo amata batakiyabona ugereranyije n’uko bari basanzwe bayarangura nk’uko abaganiriye na Isango Star dukesha iyi nkuru bakomeje babitangaza.

IZINDI NKURU WASOMA

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

Ku ruhande rwacyo, Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuhinzi n’Ubworozi, RAB, kivuga ko ibura ry’amata ryatewe n’igihe cy’izuba cyabaye kirekire ariko kandi kinahumuriza Abanyarwanda.
Umuyobozi wungirije wa RAB Solange Uwituze yagize ati: “Hashize nk’igihe cy’ukwezi amata twabonaga yaragabanutse nibyo, ntabwo ikizere cyose cyatakaye impamvu yaba yarabiteye ni impamvu ishobora gukosoka kubera ko cyane cyane impamvu nyamukuru yabiteye ni ukubera icyanda kirekire twagize muri uyu mwaka cyatangiye mu kwezi kwa 5 hagati kugeza n’ubungubu imvura itangiye kugwa nibyo ariko ntabwo yari yakwira mu duce twose tw’igihugu cyane cyane aho amata menshi akunda kuva”.

Yakomeje agira ati: “Tukaba rero duhumuriza Abanyarwanda tubabwira ko icya mbere dufite inka hafi 1.300.000 aho 60% zayo ni inka z’umukamo, turamutse tuzigaburiye neza cyane tugafata y’amazi cyangwa tukayashaka aho ari tukayageza ku inka byakunda, ni ikibazo cyo kuva mu kongera ingano y’umukamo kumubare w’inka zihari ahubwo akaba ari ikibazo cyo kuvuga ngo reka n’izihari zive kuri ya litiro 8 bavugaga natwe tuzamuke tugere nibura kuri 15 cyangwa 20”.

Mu mibare itangwa na RAB ni uko amata yabuze ku isoko abarirwa ku kigero kiri hagati ya 50 na 60 % ugeranyije n’ayabonekaga mbere ku masoko.

Ibi biravugwa mu gihe mu mwaka ushize, hari bamwe mu borozi b’inka bavugaga ko ahubwo bahangayikishijwe n’igiciro kiri hasi bahabwa kuri litiro y’amata kandi kwita ku nka bibahenda nk’abo muri Kirehe bavugaga ko litiro bahabwa hagati y’100 n’150 frw.

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023
1.4k
HOME

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023
1.4k
HOME

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In