Friday, March 24, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home MU RWANDA

Urubyiruko rwibukijwe kwirinda Filimi Z’urukozasoni

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2021/11/08
in MU RWANDA
0
1.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Ibi byagarutsweho ubwo Umuryango FAWE Rwanda uharanira guteza imbere uburezi bw’umwana w’umukobwa washyikirizaga mudasobwa zigendanwa abakobwa 174 bafashwa nawo biga mu ishuri  rya INES-Ruhengeri.

Ni mu muhango wabereye muri INES-Ruhengeri tariki 25 Mutarama 2019, aho abo bakobwa bibukijwe impamvu bazihawe nk’uko bivugwa na Mutabazi Theodore, wari uhagarariye FAWE Rwanda muri uwo muhango.

IZINDI NKURU WASOMA

Minisitiri warumaze imyaka myinshi ayoboye MINAGRI yirukanwe

Perezida Kagame arahumuriza Abanyarwanda badasinzira kubera Intambara ya RDC

Yagize ati “iki gikoresho cy’ikoranabuhanga musabwe kugikoresha mu bwenge n’umutimanama, mu masomo, ntabwo mubihawe ngo murangare mubikoreshe ibidafite umumaro mujya mu gushaka amakuru y’urukozasoni, si ngombwa kuzikoresha mu ma filime”.

Yakomeje abasaba kwiga bafite intego bakazaba abagore bakomeye bazateza igihugu imbere ndetse n’isi muri rusange nk’uko mu Rwanda hari abagore babigezeho.

Ati“Madame Mushikiwabo ntimumuzi? ntiyavutse nkamwe?,ntiyakuze nkamwe?, agashishikara mu byo kwiga?, ubu arategeka ibihugu 86 ku isi, ni byo tubifuriza, ni na yo mpamvu tubaba hafi tubatera inkunga kugira ngo muzavemo abantu bafitiye akamaro igihugu cyabo n’isi muri rusange”.

Abo banyeshuri bavuze ko Umuryango FAWE wabahaye amahugurwa menshi n’uburere buzabaherekeza bakagera ku ntego zabo, ngo ni yo mpamvu badashobora gutinyuka gukora ikosa ryo gupfusha ubusa amahirwe bahabwa.

Dusingizimana Marguerite Marie, uhagarariye abo banyeshuri yagize ati “umubyeyi wacu FAWE yaduhuguye kuri byinshi atwereka uburyo twagera ku nzozi zacu, tugira amahirwe INES iratwakira itwitaho, ntacyo mutaduhaye igisigaye mutubaze intsinzi gusa, aya mahirwe ntitwarota tuyatera inyoni”.

Mugenzi we witwa Icyezumutima Divine we yagize ati “izi mudasobwa zije guhindura byinshi mu buzima bwacu, twari dufite ibibazo ku masomo amwe n’amwe ajyanye n’ikoranabuhanga none birakemutse, FAWE yaratwigishije turajijutse bihagije ntabwo twata umwanya tujya mu bidafite umumaro”.

Facebook Comments Box

Related Posts

AMAKURU

Minisitiri warumaze imyaka myinshi ayoboye MINAGRI yirukanwe

March 3, 2023
1.4k
HOME

Perezida Kagame arahumuriza Abanyarwanda badasinzira kubera Intambara ya RDC

March 2, 2023
1.4k
HOME

Ruhango: Umugabo yahunze urugo rwe kubera ibyo yise ingeso mbi z’umugore we

March 1, 2023
1.4k
HOME

Nyagatare: Umunyamakuru wa Radio&TV Flash yahondaguwe n’abagizi ba nabi

March 1, 2023
1.5k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

Birababaje, Ubugome bukomeje gufata indi Ntera mu Rwanda

March 13, 2023

Kigali : Le CICR s’engage à respecter ses principes fondamentaux

March 10, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In